in

Baje bambaye nkabatashye ubukwe: Ikipe ya Zimbabwe yitegura kwesurana n’Amavubi yageze i Kigali -AMAFOTO

Baje bambaye nkabatashye ubukwe: Ikipe ya Zimbabwe yitegura kwesurana n’Amavubi yageze i Kigali mu Rwanda.

Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe abakunzi bayo bita “The Warriors” yaraye igeze i Kigali mu Rwanda aho yitegura gucakirana n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi mu mukino ubanza wo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nibadushakire uwateye inda” Mutesi Scovia nyuma yo kubona Titi Brown agizwe umwere yatangaje igikwiye gukurikizwaho kugirango ihungabana uyu mubyinnyi akuye i Magererage rigabanyuke -Videwo

Ababyeyi basanze umuhungu wabo ari gusambana n’agakumi bigana maze babakubitira ku gitanda bambaye ubusa [videwo]