in ,

Agashya: Iyumvire uruhare rukomeye ikipe ya Real Madrid yagize mu igenda rya Neymar

El clasico

Uguhangana kw’ikipe ya Fc Barcelona na Real Madrid gusanzwe kumenyerewe n’abafana ariko kuri iyi nshuro byafashe intera bitewe n’igikorwa twakwita icy’ubuhemu ikipe ya Real Madrid igiye gukorera Fc Barcelona kugirango umukinnyi Neymar akunde ayisohokemo. Neymar  (Capture d'écran)

Nyuma yuko Neymar amaze iminota igera kuri 15 yose mu rwambariro rwa Real Madrid aho byagaragaye ko yasezeraga abakeba be bo muri Real Madrid batazongera gukinana umukino wa El Clasico. Amakuru dukesha ikinyamakuru El mundo deportivo aravuga ko ikipe ya Real Madrid yemereye PSG kugumana umukinnyi Jese Rodriguez bagombaga gutangira Miliyoni 25 z’amayero kugirango bamwegukane, kugirango bakomeze bakusanye amafaranga yo kugura Neymar ndetse banirinda kuzagwa muri Financial Fair Play ya FIFA. Ibi bikaba ari ubugambanyi bukomeye Real Madrid ikoze kugirango yikize Neymar wakunze kuyizonga mu minsi ishize.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva ikintu gikomeye Jennifer Lopez yakoreye umugabo we cyatumye abantu benshi bemeza ko agira urukundo rutaryarya

Dore urutonde rw’abakinnyi bafite ubwato BWIZA kandi BUHENZE kurusha abandi (AMAFOTO)