in

“Agahinda gashira akandi ari ibagara!” Osalue yakuwe mu kibuga ari kurira nk’umwana muto kubera ibyago yahuye nabyo byamushenguye umutima

Agahinda gashira akandi ari ibagara!” Ni mvugo ya kinyarwanda izimije ariko iba ishaka kugaragaza ko umuntu ava mu bibazo bimwe ibindi bimusatiriye, ibi ni byo byabaye ku mukinnyi mpuzamahanga wa Rayon Sports ukomoka muri Nigeria, Raphael Osalue.

Nyuma y’igihe kitageze ku kwezi akirutse imvune atangiye gukina, Raphael Osalue yaraye akuwe mu kibuga arira kubera indi mvune yagize ishobora gutuma amara hanze y’ikibuga igihe kinini.

Mu Gushyingo 2022 ni bwo Osalue yari yabazwe imvune yo mu ivi ry’ibumoso yari amaranye igihe kitari gito.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Super Manager yandagaje Harmonize uheruka mu Rwanda avuga ko yamwiganye

Umushabitsi Super Manager yatangije intambara y’amagambo kuri Bruce Melodie nyuma y’ibyo yamuvuzeho