in

Afite ukuntu akora utuntu twe: Chriss Eazy yakorewe ikintu kidasanzwe n’abakunzi be maze bimurenze nawe ahitamo kubitura

Afite ukuntu akora utuntu twe: Chriss Eazy yakorewe ikintu kidasanzwe n’abakunzi be maze bimurenze nawe ahitamo kubitura.

Umuhanzi Rukundo Christian wamamaye cyane ku izina rya Chriss Eazy yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yagaragarije abakunzi be ko yishimiye bikomeye kuba baramufashije indirimbo ye nshya ikaba yujuje miliyoni y’abantu bayirebye ku rubuga rwa YouTube mu gihe gito.

Iyi ndirimbo nshya Chriss Eazy yayikoranye n’umuhanzi witwa Shaffy maze bayita “Bana” none ikomeje kwigarurira imitima ya benshi bitewe n’ubuhanga ikoranye ari nako ibinjiriza agatubutse mu gihe gito cyane.

Chriss Eazy abinyujije kuri Instagram ye yagize ati:”Ndabakunda nkabirata” yatangaje aya magambo nyuma yo kubona ko indirimbo ye nshya yujuje miliyoni mu gihe cy’ibyumweru bibiri gusa igiye hanze.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akomeje kwandika amateka muri ruhago: Kylian Mbappé yatsinze ibitego birenze bibiri afasha ikipe ye gucyura amanota atatu

Yakandaga nkukanda voka! Umusore wari witabiriye iserukiramuco rya Nyege Nyege yibetanye umwana ajya kumukanda – videwo