in

Afana imwe muri zo! Umukino wa Rayon Sports izakirwamo na APR FC ugiye gutuma umupasiteri asiba igiterane ku mugaragaro

Umukino wa Rayon Sports izakirwamo na APR FC ugiye gutuma umupasiteri ufana Rayon Sport asiba igiterane ku mugaragaro.

Kuri iki cyumweru tariki 29 Ukwakira, APR FC izakira Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona.

Uyu mukino wa mbere mu Rwanda ukomeye, uzabera kuri sitade ya Pele Stadium kuva ku isaha ya saa 15:00 PM.

Kuri iyo tariki kandi i Kigali hazaba hari igiteramo cyateguwe n’umuhanzikazi Mwiza Zawadi afatangiye na Danny Mutabazi ndetse na Gisubizo Ministries.

Iki gitaramo cyiswe ‘Imirimo Yawe Live Concert’, kizabera kuri Bethesda Holy Church hafi y’agakinjiro ka Gisozi.

Ubwo uyu mupasiteri twise P.O yatumirwaga muri iki gitaramo cy’ivugabutumwa, yavuze ko ataboneka kuko hazaba hari umukino wa APR FC na Rayon Sports. Yagize ati:

“Rayon Sports izaba iri gukina nari kuzaza.” Yanavuze ko yamaze kugura itike y’ibihumbi 10 Frw.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

I Kigali, umupasiteri yanze kujya gukora umurimo w’Imana kubera umukino wa APR FC na RAYON SPORTS wo ku cyumweru

Perezida wa FERWAFA yakiriye abana baserukiye u Rwanda mu marushanwa y’amarerero ya Bayern Munich yaberaga mu Budage (AMAFOTO)