in

Adil Mohamed Erradi yisabiye gutandukana na APR FC cyangwa akajya muri FIFA

Umutoza wa APR FC Mohammed Adil Erradi yisabiye gutandukana n’iyi kipe nyuma y’ibihano yafatiwe aho avuga ko bidakurikije amategeko.

Amakuru avuga ko Adil nyuma yo kwicarana n’umunyamategeko we basanze ibihano yafatiwe na APR FC bidakurikije amategeko.

Mbere yo kujya iwabo, Adil yabwiye abari hafi ye ko we na APR FC bazakizwa na FIFA, aho yabivuze mu magambo akakaye.

Hari andi makuru avuga ko Adil Mohamed Erradi yamaze kugeza ikirego cye muri FIFA nyuma yo guhagarikwa bidakurikije amategeko.

Kuri ubu hari amakuru yavugaga ko APR FC yamaze gutandukana n’uyu mutoza gusa ariko APR FC yabinyomoje yivuye inyuma.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro umugabo wari inshuti ya siporo yitabye Imana.

APR FC yaransuzuguye tuzakiranurwa na FIFA, Adil yemeje gutandukana kwe na APR FC