Nyuma yuko yasohowe itangazo ribuza abacurizi gucuruza inyama zitamaze amasaha 24 mu byuma bikonjesha bizwi nka firigo.
Bongeye bavuga ko umuntu udashobeye kuba yakonjesha cyangwa utarya inyama zakonjeshejwe yajya azirya zitararenza amasaha abiri yonyine kuko nibwo zitamugiraho ingaruka.

Umuyobozi muri RICA ushinzwe gutanga impushya hamwe n’ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza, ndetse no kwandisha ibikorwa, avuga ko iyo iyo utetse inyama zimaze amasaha arenga abiri ndetse zitavuye muri firigo zigutera uburwayi burimo indwara ya tifoyide, teniya, indwara zifata abantu b’intege nke ndetse zishobora gukuramo inda ku bagore batwite.