in

Abadafite ibyuma bikonjesha barasabwa guteka inyama zitarengeje amasaha abiri zibazwe

Nyuma yuko yasohowe itangazo ribuza abacurizi gucuruza inyama zitamaze amasaha 24 mu byuma bikonjesha bizwi nka firigo.
Bongeye bavuga ko umuntu udashobeye kuba yakonjesha cyangwa utarya inyama zakonjeshejwe yajya azirya zitararenza amasaha abiri yonyine kuko nibwo zitamugiraho ingaruka.

Umuyobozi muri RICA ushinzwe gutanga impushya hamwe n’ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza, ndetse no kwandisha ibikorwa, avuga ko iyo iyo utetse inyama zimaze amasaha arenga abiri ndetse zitavuye muri firigo zigutera uburwayi burimo indwara ya tifoyide, teniya, indwara zifata abantu b’intege nke ndetse zishobora gukuramo inda ku bagore batwite.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamara Rayon Sports iteye ubwoba! Ikipe ya Rayon Sports igiye guhabwa akayabo n’umuterankunga mushya uziyongera kuri SKOL ndetse na Canal

‘Umukobwa w’imiterere idasanzwe” Yolo The Queen yagaragaje ifoto akunda kurusha ayandi yose mu mafoto ye