in

‘Aciye impaka’ Munyakazi Sadate yerekanye umukobwa we uri kwiga gutwara indege i Burayi kugira ngo hatagira nuwuza kubihakana ahita yerekana amashusho ayitwaye (Videwo)

‘Aciye impaka’ Munyakazi Sadate yerekanye umukobwa we uri kwiga gutwara indege i Burayi kugira ngo hatagira nuwuza kubihakana ahita yerekana amashusho ayitwaye

Munyakazi Sadate wigeze kuba ho Perezida wa Rayon Sports yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga by’umwihariko urubuga rwa Twitter nyuma yo gusangiza abarukoresha amafoto ndetse na Videwo umukobwa we ari gutwara indege.

Gusa yamwerekanye abonera ho no kumwifuriza amahirwe masa mu byo ari mo byose, mu butumwa bwe yagize ati:”Umukobwa wanjyeeee amasomo yo gutwara indege ayageze kure muri European Pilot Academy, umunsi wa mbere wo kuyigurutsa. Imana ikujye imbere mukobwa mwiza.”

Abantu babibonye bishimiye intambwe uyu mwana yateye ndetse bamubwira gukomereza ho.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngaho subiza: Ni ikihe kintu cyarurwa kitaribwa, kigakurwamo kitagiyemo? (Igisubizo)

Rubavu haracyashya! Nyuma y’uko bahaze amazi n’umucanga abasohokeye i Rubavu basoreje ku makaziye y’inzoga