in

Abubatse gusa! Menya igihe umugore wabyaye yongera gushyikirana n’umugabo(gutera akabariro) nyuma yo kubyara

Hari abantu benshi bibaza igihe bifata umubyeyi wabyaye, akaba yakongera gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye.

Nkuko abagore babyara mu buryo butandukanye, ni nako bibafata igihe kitangana kugira ngo bongere gushyikirana n’abagabo babo.

Hari ababyara bisanzwe, ababyara babazwe n’ababyara bongerewe ibise. Umugore wabyawe bisanzwe, byibura yakongera gukora igikorwa cy’abashakanye nka nyuma y’ibyumweru 3 abyaye.

Uwabyaye yongerewe ibise we kongera gukora imibonano ni nkanyuma y’ukwezi. Mu guhe uwabyaye abazwe we ashobora gutegereza nk’amezi 2 akabanza agakira neza.

Ariko nanone iki gihe ntabwo ari ihame kuko nanone biterwa n’umubiri w’umuntu. Bivuze ko nyuma yo kubyara, umugore iyo yumva yarakize neza ntaho yakomereka aramutse akoze icyo gikorwa kandi akaba yumva ubwe abishaka, yabikora nta ribi, ntabe yahatirijwe n’umugabo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamubyukije mu gicuku bahita bamusinyisha: Nsanzimfura Keddy amaze gutangaza impamvu ikomeye yatumye bamubyutsa mu gicuku kugira ngo asinye ndetse n’imyaka azamara mu ikipe ye nshya igiye kumuhoza amarira yose yarize

RIP Hashakimana Azalias! Umugabo yatashye yahaze agatama ni uko maze maze ahanuka ku mukingo ahita agagara