in

Abo muri 2023 bakinira karere ku mapave: Umujyi wa Kigali wubakiye abana akabuga bakiniraho karere

Muri gahunda y’umujyi wa Kigali wo kugira isuku no kwidagadura, bakoreye abana aho bazajya bakinira karere.

Mu gihe bamwe bakuze karere ikinirwa mu ivumbi, abana babo bari kuyikinira ku mapave meza bubakiwe n’umugi wa Kigali.

Ni akabuga kagizwe n’amapave aho kuri yo hanashushanyijeho imirongo nk’iyi kibuga gisanzwe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imirongo wavugishaho RIB ikaza kugufasha mu gihe uhuye n’ikibazo

Umukobwa w’imyaka 20 yiyahuje igitenge cye kubera umusore bakundanaga