in

Abishaka kurushaho! Bigenda gute ngo iyo umuntu yagiye kumviriza abari gutera akabariro ‘Gutora ubusurira’

Kumviriza abantu bari gutera akabariro bizwi nko ‘Gutora ubusurira’ byangiza imitekereze y’umuntu uri kubikora.

Abantu bagiye kumviriza abari muri icyo gikorwa babishaka byikubye kurusha abari muri icyo gikorwa.

Akenshi usanga abari kumviriza bashaka kubikora kurusha abo, ahanini usanga abo bateze amatwi birangiye bikinishije.

Kubera kugira ubushake bwikubye bwo gutera akabariro bituma bene abo batari gukora imibonano bikinisha cyangwa bagasagarira abari gukora icyo gikorwa.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Carlos Alós yavuze ko Amavubi yahuye n’igihombo kubera umukino wa Bénin

Amarengero ya Taribo West washimishije benshi muri ruhago (AMAFOTO)