in

Abatuye muri utu turere ni ukwitwaza umutaka! Uko ikirere cyo mu Rwanda kiraba kimeze kuri uyu wa kabiri tariki 26 Werurwe 2024

Iteganyagihe ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe 2024 hagati ya saa 06:00 na saa 12:00 hateganyijwe imvura mu turere dukurikira.

Utu turere ni Bugesera, Ngoma, Kirehe, Gisagara, Huye, Nyamagabe, Nyaruguru, Rusizi, Nyamasheke na Karongi; ahandi hasigaye nta mvura ihateganyijwe.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yamukubise akanyafu! Byiringiro Lague yeretswe n’umutoza ko kuba ari rutahizamu ukomeye ntacyo bivuze

Polisi yahaye abamotari amezi 6 yo kwisubiraho, bitaba ibyo bagatangira guhanwa