in

Abatoza ba APR FC bari bamize umusifuzi Ruzindana Nsoro byanze bajugunya imyambaro y’ikipe_ VIDEWO

Abatoza b’ikipe ya APR FC basagariye umusifuzi Ruzindana Nsoro mu mukino ikipe batoza yanganyijemo na Gasogi United.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi , saa Kenda, kuri sitade ya Bugesera habereye umukino w’umunsi wa 26 wa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda , uwo mukino wahuje APR FC na Gasogi United urangira impande zombi zinganyije ubusa ku busa.


Muri uwo mukino habereyemo agashya ubwo abatoza ba APR FC bashwanaga bikomeye n’ basifuzi basifuye umukino.
Umutoza wa APR FC ajugunya ikoti ry’ikipe

Ibyi byabaye ku munota wa 85 ubwo abatoza ba APR FC batishimiye icyemezo cya Ruzindana Nsoro wasifuye ikosa Mugisha Bonheur yakoreye Ishimwe Kevin.
Nyuma yo gusifura iryo kosa ,umutoza wungirije, Jamel Eddine Neffati, na we yahise ahaguruka, ajya kuburana n’abasifuzi.
VIDEWO ubwo abatoza bashwanaga n’umusifuzi Nsoro:

Aba basifuzi bahise bahamagaza Ruzindana Nsoro wari hagati, ahageze bamwereka ko aha ikarita Jamel Eddine. Mukuyimuha n’umujinya mwishi yahise akuramo ikoti yari yambaye arijugunya hasi.Ahabwa ikarita itukura.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore uyanyweye azira gusaza, akamaro ko kunywa amasohoro y’abagabo ku mugore

Umunyarwandakazi Diane Ngabonziza yegukanye igihembo gikomeye mu marushanwa y’ubwiza yaberaga mu Buhinde