in

Abashyigikiye ikipe yo mu Rwanda; Amakuru mashya ku buzima ikipe ya Rayon Sport ibayemo mu gihugu cya Libya i Benghazi

Rayon Sports na Al Hilal bemeje ko imikino izabahuza izaba tariki ya 30/09 na 07/10/2023 kuri Kigali Pele Stadium.

Perezida w’ikipe ya Rayon Sport yatangaje amakuru ko ikipe imeze neza Kandi bari gukorera imyitozo i Benghazi mu gihugu cya Libya.

Yakomeje kandi kubijyanye no kuba umukino wari kizabera muri Libya utakibaye kubera ibibazo by’imyuzure byibasiye iki gihugu bigahitana abatari bake akaba arinayo mpamvu imikino yose izabera i Kigali mu Rwanda yaba umukino ubanza ndetse n’uwo kwishyura.

Mu gihe Rayon Sports yagombaga kugaruka kuri uyu wa 6, hari gushakwa amatike ya mbere y’uwo munsi yaboneka bagataha.

Hari kandi Abakinnyi ba Abarundi babiri Aruna Madjaliwa na Mvuyekure Emmanuel bari muri Cameroon n’ikipe y’igihugu baragera muri Libya kuri uyu wa Kane nk’uko byari biteganyijwe.

Perezida wa Rayon Sport kandi yavuze kubijyanye no kuba batera maga ikipe ya Al Hilal kubera ko umukino wari kubahuza utambaye, yavuze ko ibyo utakifuza ko bagukorera ntampamvu yo kwifuza kubikorera abandi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Azabazwa nde! Ifoto ya Yolo The Queen agaramye, amatako yayazamuye, yatandaraje, ikomeje kuba virusi ku mbuga nkoranyambaga

“Gukinira ku idarapo ry’igihugu bimaze kuba akamenyero, ntagisekeje cyangwa igishimishije kibirimo” Abanyarwanda bariye karungu nyuma y’uburyo idarapo ry’igihugu rikomeje kumenyerwa