in

Abaryi b’akaboga bagiye guhangayika mu duce tumwe tw’igihugu kubera itangazo rya Minisiteri

Team work

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko hari amabagiro agera kuri 80 muri 200 asanzwe mu gihugu hose, yafunzwe kubera kutuzuza ibisabwa birimo imyubakire yayo, ubuziranenge bw’inyama, uburyo bwo kuzitwara n’ibindi bishobora kugira ingaruka ku baturage nk’uko byagaragajwe n’Abadepite.

Ku rundi ruhande, Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prof. Ngabitsinze Jean Chrysostome yagaragaje ko hakiri ibibazo mu gutwara inyama kuko hari imodoka 47 zonyine zemerewe gutwara inyama zizijyana ku mabagiro atandukanye.

Bamwe batangiye gutekereza ko ibiciro by’inyama bigiye kuzamuka kubera kubura aho zitunganyirizwa ndetse n’abazifite bakaba bashobora kuba bagiye kujya bazirangura kure yabo

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Mvukiyehe Juvenal yaguze ikipe nshya

Amakuru meza asohotse nonaha kuri Mama Nick urwariye mu bitaro