in

Abari bafite ikibazo cy’aho bazarebera umuhango wa gutanga ibihembo bya Kiss Summer Awards mwasubijwe

Ibihembo bwa Kiss Summer Awards bitegurwa na radiyo Kiss FM umunsi nyirizina wo kubitangaho uregereje kuko bizatangwa ku munsi w’ejo tariki ya 30 Ukwakira, gusa abakunzi ba radiyo Kiss FM bari bafite impungenge z’aho bazabikurikiranira.

Ubu bashyizwe igorora kuko umuhango wo gutanga ibyo bihembo uzaba uca kuri radiyo Kiss FM, noneho abazashaka kubireba bo bazifashisha telefone zabo cyangwase kompiyuta zabo kuko bizaca kuri shene yo kuri YouTube yitwa Kiss FM ya radio Kiss FM.

Ibi bihembo biri mu bihembo bikomeye hano mu Rwanda kandi biteza imbere muzika nyarwanda dore ko byibanda ku ngeri zose zifashishwa mu muziki.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mashami Vincent yatangaje izina yahawe atoza APR FC kandi yibukiraho byinshi

Ben Moussa yasabye ubuyobozi bwa APR FC ko bwamugarurira umukinnyi 1 muri 2 bamaze iminsi mu bihano