in

Abapasiteri babibiri bavukana bo muri ADPER batawe muri yombi

Abapasiteri babibiri bavukana bo muri ADPER batawe muri yombi.

Abagabo babiri bavukana b’abapasiteri mu itorero rya ADEPR Rwamagana, batawe muri yombi n’inzego z’umutekano, nyuma y’aho mu masambu yabo hakuwemo imibiri irenga 30 y’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yaraziko nta numwe wabimukorera! Sandrine Isheja ku munsi we w’amavuko yakorewe ibintu byagatangaza n’umusore atakekaga ko yabikora mu buzima bwe -Videwo

Yanze kwitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu none yibereye hano mu Rwanda azareba umukino nk’abandi bafana bose b’Amavubi