in

Abanyeshuri icumi birukanywe bazira guseka mu gihe baririmbaga indirimbo yubahiriza igihugu

Abanyeshuri hafi 10 ba lycée yitiriwe Nelson Mandela yo mu murwa mukuru wa Gabon, Libreville, birukanwe bazira kuririmba nabi indirimbo yubahiriza igihugu.

Iki gihano cyateje urunturuntu mu gihugu nk’uko iyi nkuru dukesha Deutsche Welle ivuga.

Nk’uko byashyizweho ubu buri wa Mbere mu gitondo, abanyeshuri biga mu mashuri abanza, ayisumbuye ndetse n’amakuru bagomba kujya bitabira izamurwa ry’ibendera no kuririmba indirimbo yubahiriza igihugu mbere yo kwinjira mu ishuri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Koffi Olomide yanenze bikomeye cyane ikipe yo muri Congo yanze kwambara Visit Rwanda

Ishira amenyo ariko ntishira amerwe! Wa mukobwa witwa Manzi uherutse kurongorwa n’umusaza rukukuri w’imyaka 70, ari kwitegura kwibaruka umwana we na muzehe