Baravuga ngo “agahugu umuco wako akandi uwako”.niko byagenze no muri Nigeria aho umusore n’inkumi biga mu mashuri yisumbuye bakoze ubukwe buhebuje ku myaka 19 gusa.
Ni amafoto yashyuzwe hanze n’umugore wo muri Nigeria witwa Olajumoke Oluwadamilola kuri Facebook aha yafashe umwanya asangiza abamukurikira amafoto yavuye mu birori by’ubukwe bw’aba banyeshuri bo mu mashuri yisumbuye ya Nigeriya
Nyuma yo gusangiza aya mafoto yo mu birori byubukwe, yaranditse ati:“mbifurije urukundo n’ibyishimo byose kwisi kandi twishimiye ubukwe bwanyu.Tekereza abanyeshuri b’imyaka 19 bashyingiranywe.”


