in

Abanyeshuri bo mu yisumbuye bagaragaye bamansura ,dore ibyo bakorewe.

Aba banyeshuri bo muri RDC i Kinshasa, biga mu ishuri ryisumbuye rya Saint Georges bagaragaye bamansura mu buryo batashimishije benshi ,bahawe ibihano bikomeye.

Ni nyuma y’amashusho y’aba bana barimo abahungu n’abakobwa asakajwe ku mbugankoranyambaga ,aho bagaragaye babyina ,bamwe muri bo bikinze ahantu hiherereye bakora ibikorwa byurukozani, abandi bazunguza ibibuno,n’abikora mu majipo .

Bamansuraga bambaye impuzankano z’ishuri

Nyuma yiyi myitwarire igayitse y’aba banyeshuri, abayobozi bishuri nintumwa za Ministeri y’Uburezi barateranye babiganiraho bahita bafata umwanzuro wo kwirukana burundu aba banyeshuri ndetse bemeza ko ntahandi bemerewe kwiga muri iki gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronardo urambiwe agatebe kabasimbura yagiranye ibiganiro n’umutoza we Eric Ten Hag

Umusore aratabaza kubera sheri we umara icyumweru adakaraba