in

Abanyamujyi birangiye bamwibitseho! Rutahizamu w’umunyamahanga uherutse kwandagaza ba myugariro ba APR FC ubu yamaze gusinyira ikipe y’abanyamugi

Rutahizamu ukomoka muri Cameroon, Kevin Ebene w’imyaka 27 ubu yamaze gushyira umukono ku masezerano mu ikipe ya AS Kigali.

Uyu rutahizamu asanzwe akinira Ikipe y’Igihugu ya Cameroun guhera 2016 ubwo yahamagarwaga mu y’abari munsi y’imyaka 20, yari asanzwe ari mu igerageza mu ikipe ya Mukura VC gusa byaje kurangira As Kigali imubatwaye kubera ukuntu yitwaye neza mu mukino Mukura VC yanganyije na APR FC.

Kevin Ebene yagaragaje urwego ruri hejuru muri uyu mukino, gusa Mukura VC yatinze guhita imusinyisha maze As Kigali birangira imubengutswe ihita imusinyisha.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bikora bake: Burna Boy yakoze ibisa nk’ubwiyahuzi maze abwiza ukuri Perezida wa Nigeria

Habaye impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu batatu harimo n’umwana muto cyane abandi barakomereka bikabije