in

Abanyamujyi barasenyutse burundu! Ikipe yo umujyi wa Kigali yazengerezaga amakipe muri shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yatandukanye n’umukinnyi waruyihetse

Ikipe ikina icyiciro cya mbere hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya As Kigali ikomeje gutungurana mu bikorwa byo kwitegura umwaka w’imikino 2023-2024.

Ni nyuma yaho nta gihe kinini gishije iyi kipe itandukanye n’uwari umuyobozi wabo, ubu noneho inkuru ihari n’uko iyi kipe yatandukanye n’umukinnyi wa uzwi kw’izina rya Shaban Hussein Kchabalala.

Akaba yerekeje muri Libya nubwo ataratangaza ikipe agiye gusinyira gusa kumvikana byo byararangiye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza ku bantu bagiraga ikibazo cyo gukererwa ku gera ku kazi kubera kubura imodoka

Ntago ari kurya ayo yakoreye neza! Umunyamakuru wa RBA yatangaje ikintu kiri kumuzonga aho yagiye kurira ayo yavunikiye -AMAFOTO