in , ,

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Abantu batangariye ukuntu abanyamakuru bahinduye Televiziyo akabari (Amafoto)

Abanyamakuru bakorera Radio na Televiziyo by’igihugu (RBA) bakora ibiganiro by’imikino aribo Rigoga Ruth ndetse na Kayishema Titty Thierry batangiye ikiganiro gishya cyitwa “The Bar Talk” nyuma y’ibindi bibiri bajyaga bakora aribyo “The Kick Off”  ndetse nikindi cyitwa “RTV sports”.

Iki kiganiro gishya “The Bar Talk” kizajya kigaruka kuri shampiyona y’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, aho bazajya batumira abantu batandukanye maze baganire uko  championa iri kugenda. Akarusho kiki kiganiro nuko abanyamakuru bagikora banisomera ku kinyobwa cya Primus bitewe nuko Championa y’umupira w’amaguru hano mu Rwanda iterwa inkunga na Bralirwa ibiyujije mukinyobwa cyayo “Primus”

Ubwo iki kiganiro cyatangiraga kuruyu wa gatatu, abantu batangariye cyane uburyo Studio za RBA zari bahinduwe zisa n’akabari kugirango basanishe nuko ikiganiro kitwa.

Dore mu mafoto uko byari byifashe:

Ikiganiro cyakorwaga basoma no kugasembuye
Cheers
Abitabiriye ikiganiro “The Bar Talk” kunshuro ya mbere

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wagaragaye akurura abana be nk’itungo yababaje ababyeyi bose(Video)

Umunyamakurukazi Keza Joannah yashimiye cyane umusore wamushushanyije akamutura umutoma.