in

Abantu bapfiriye mu ishyamba bategereje igitangaza cyo guhura na yesu

Mugihugu cya Kenya abantu bane 4, basanzwe bapfuye abandi bagera 11 bajyanwa kwa muganga kuko barebye cyane, nyuma yokumara igihe biyiriza ubusa bategereje Imperuka.

Polisi itangaza ko Pasitori w’itoreri “Good News International church”, Makenzie Nthenge, yari yarababwiye ko bagomba kwiyiriza ubusa mu ishyamba rya Shakahola na Langobaya ari ahitwa Malindi, bagategereza guhura na Yesu.

Ubuyobozi buvuga ko muri abo 11 bakiri bazima, batandatu (6) barembye cyane. Polisi ivuga ko igishakisha abandi bayoboke ngo kuko raporo igaragaza ko hari abakiri mu mashyamba.

Ivuga ko imirambo yabonetse muri ayo mashyamba, kuri uyu wa Gatanu yatangiye gukorwaho iperereza.

Polisi ikomeza ivuga ko bane bapfuye kubera kwiyiriza ubusa bategereje guhura na Yesu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ni hehe nakura akazi nkaka” Umagabo yakandaguye amabuno y’umugore ari kumukorera masaje none n’abandi bari kubyifuza (Amashusho) 

Umusatsi watangiye kumera: Uwicyeza Pamella yagaragaye umusatsi watangiye kumera nyuma y’uko awumazeho (AMASHUSHO)