in

Abandi babyita umugisha none wowe uri kubyihakana! Umuhanzikazi Queen Cha yahakanye yivuye inyuma ibyamuvugwagaho

Umuhanzikazi Queen Cha umaze Iminsi atagaragara mu muziki, yanyomoje amakuru yahwihwiswaga ko atwite Inda y’imvutsi, ngo bikaba aribyo byatumye itigaragaza muri muzika y’u Rwanda.

Queen Cha yahakanye aya makuru yavugwanga harimo ibyo guhagarika umuziki mu ibanga, no kuba byavugwaga ko yaba atwite cyangwa se akaba yarabyaye arimo kurera uruhinja kugirango rwigire hejuru abone gusubira mu muziki.

Yagize “Ntabwo ntwite ntan’ubwo nabyaye, ni ukumbeshyera. Ibyo mpugiyemo igihe nikigera nzabitangaza. Ikindi yongeyeho ko amaze iminsi ku mugabane w’i Burayi bityo ko bitari kumworohera mu gukora umuziki naho kuba ntwite sibyo kandi ntabwo nabyaye.”

Queen Cha yasezeye muri The Mane yari amazemo imyaka itatu aho yakoreye indirimbo nka Romantic, Question, Winner, Twongere yakoranye na Bruce Melodie n’izindi nyinshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kubyara ni umugisha w’Imana! Queen Cha yakuye abantu mu rujijo ku makuru yuko atwite inda y’imvutsi

“Juno ni urukundo rwanjye” Nyuma y’uko Juno Kizigenza yisohokaniye na Juwayeze wamwihebeye, habonetse indi nkumi y’uburanga yemeza ko ikundana na Juno kubera bakinnye urukundo mu mashusho (VIDEWO)