in

Abana bavukanye uburwayi budasanzwe bahinduriwe ubuzima (Amafoto)

Mu myaka ibiri ishize nibwo umunyamakuru yasuye umuryango ufite abana bavukanye uburwayi aho benshi mu baturanyi babavugaga nabi bityo bigatera umubyeyi wabo ipfunwe akabahisha mu nzu igihe cyose .

Mu kubyara abana bafite uburwayi umugabo yaje ku musigira abana wenyine ubuzima bukomeza kuba bubi mu gihe yareraga abana wenyine kandi nawe ubwe nta bushobozi buhagije yarafite bityo mu gihe yagiye gushaka icyo bafungura bigatuma asiga afungiranye abana mu nzu.

 

Kuri ubu abana bari bamaze imyaka ibiri bari mu ishuri nk’abandi bana ndetse baranakuze kuburyo ubona bishimiye kubana n’abandi bantu .Ni mu gihe mbere bari bonyine bityo bikomeje gushimisha umubyeyi ubabyara kubona barakuze ndetse barabonye ubuvuzi bubafasha kugenda nk’abandi bana.

Akomeza ashimira abamufashije kubona aho gutura heza bizamufasha kurera abana neza ndetse cyane cyane ashimira abafashije abana mu kwiga .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwifotoza yifashe ku myanya y’ibanga ye, Ariel Wayz yibasiye umwe mu bafana be.

Rwanda: Ngiyi inkuru y’inshamugongo kuri wa musore bavugaga ko atwite.