in

Abakuye mu isoni: Menya umukinnyi wegukanye agace ka Tour de France n’amateka ahise yandika (Amafoto)

Hamaze gusonzwa agace ka kabiri k’isiganwa ry’amagare rikuzwe cyane kurusha ayandi rya Tour de France maze ryegukanwa n’umugabo ukomoka muri iki gihugu.

Umufaransa witwa Victory Lafay niwe wegukanye agace ka kabiri ka Tour de France aho basoreje ahitwa “San Sebastian” uyu musore ukinira ikipe ya Cofidis yahise akuraho igihe cy’imyaka igera kuri 15 yose ikipe ye ya Cofidis itabasha kwegukana stage muri Tour de France bakaba baherukaga gutsinda mu mwaka wa 2008.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu rusengero kwa Padiri hari hahiye! Amashusho y’umuvugizi wa Rayon Jaen Pual n’umugore we basezerana imbere y’Imana

Abayovu muzitabire: Hamaze kumenyekana itariki ntakuka inama yari yasubitswe uyu munsi izabera nyuma y’ibintu bidahwitse byatumye isubikwa