in

Abakunzi ba Rayon Sports bashobora kuba bamukize! Rwatubyaye Abdul yabwiye abayobozi be ijambo rikomeye ariko ryishimiwe n’abakunzi ba Rayon Sports

Abakunzi ba Rayon Sports bashobora kuba bamukize! Rwatubyaye Abdul yabwiye abayobozi be ijambo rikomeye ariko ryishimiwe n’abakunzi ba Rayon Sports

Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports Rwatubyaye Abdul, yamenyesheje ubuyobozi ko ashaka gutandukana n’iyi kipe mu kwezi kwa mbere.

Uyu ni umwaka wa kabiri ikipe ya Rayon Sports imaze isinyishije Rwatubyaye Abdul ariko mu mwaka wa mbere ntakintu yamariye iyi kipe kuko yamaze igihe arimo kwishakisha bitewe n’imvune yasinye afite.

Mu minsi micye ishize nibwo Rwatubyaye Abdul yagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bwa Rayon Sports, abumenyesha ko mu kwezi kwa mbere ashaka gutandukana nayo akajya gushakira ahandi.

Ikipe ya Rayon Sports umwaka utaha benshi bazaba barangije amasezerano barimo n’uyu myugariro ndetse n’abandi bakomeye barimo umuzamu Hakizimana Adolphe, Joachiam Ojera, hamwe n’abandi batandukanye bari mu mwaka wabo wa nyuma.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kabasele ya mpanya
Kabasele ya mpanya
11 months ago

Buriya Rwatubyaye Abdoul ni umuntu w’umugabo rwose. Urebye asa n’utakiri na gabarit yo gukinira Rayon Sport. Arakoze kandi yaradukoreye njye nabonaga atagi feetinga no gukinira Rayon Sport. Tumwifurije ibyiza mu gihe kuzaza(buriya yagakwiye gutangira kwiga iby’ubutoza) imvune yagize niyo yatumye asubira hasi

Mikel
Mikel
11 months ago

Ntabwo nzibagirwa uko yakuyeho umupira kuri al hilal akawuterekera rutahizamu !!!! Hariya nahise njugunya iyo mu bishyimbo puuuuhh ahubwo ayo mahirwe twaba tuyakuyehe ko ahubwo mu kwambere ari KERA ndetse cyane !!!!

Ndorimana Jean Francois uzwi nka General warwaniye gusigarana ikipe ya Kiyovu Sports asimbuye Mvukiyehe Juvenal iyi kipe bisa nkaho igiye kumunanira nyuma yo gukora igikorwa cyigayitse

Abakobwa babiri barwanye inkundura umwe abonye yaneshejwe aruma undi igitsina habaho gutabaza cyane ndetse amenyo arishushanya ubona ko yamukomerekeje nabi [Amashusho]