in

Abakozi ba APR FC bamaze iminsi bafunze bazira uburozi bagiye gufungwa igihe kirekire bishyura n’akayabo

Abakozi b’ikipe ya APR FC bamaze iminsi bafunzwe bazira gushaka gukorera ubuhemu abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports bahamwe n’icyaha.

Hashize iminsi ikipe ya APR FC yarafunze abakoze barimo Mupenzi Etoo, bazira gucura umugambi wo kuroga abakinnyi b’ikipe ya Kiyovu Sports ku mukino wo kwishyura wahuje aya makipe yombi sezo ishize mu gikombe cy’amahoro.

Nyuma y’iminsi iyi kipe yarabashyize muri gereza ndetse bakagezwa n’imbere y’inkiko biravugwa ko bahamwe n’icyaha ndetse bakaba basabiwe gufungwa imyaka 3 ndetse bagatanga n’ihazabu y’ibihugu 500.

Ibi byagarutsweho cyane n’umuyobozi wa APR FC Afande Richard Karasira avuga ko aba bakozi b’iyi kipe bafunzwe bazira ibyo Perezida wa Republika y’u Rwanda aheruka gutangaza bijyanye n’amarozi, bivuze ko icyaha cyamaze kibahama.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Pyramid ikomeje gutitiza umujyi kubera ibyo iri kuwukoreramo ikanga Apr Fc – Videwo

Nyuma y’igitabo bita “Kunyaza” hagaragaye inzoga yitiranwa n’igitsina cy’abagore – Ifoto