in

Abakoresha X batutse uwanditse ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukibitwa n’umugore we kubera ko yatinze kumukingurira

Abakoresha X batutse uwanditse ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukibitwa n’umugore we kubera ko yatinze kumukingurira.

Abo kuri X yahoze yitwa Twitter bakiriye nabi amakuru yatangajwe na Kasuku, aho yavuze ko Meddy yaraye mu bitaro nyuma yo gukubitwa n’umugore we.

Kasuku yavuze ibyo maze yakirizwa ibitutse kuko ayo makuru yatangaje atari ayafitiye gihamya.

UKO BYATANGIYE

IBYO BAVUZE

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kirehe! Abayede bacukuraga umuyoboro w’amazi baguye kuri Gerenade yo mu bwoko bwa Totasi

Dore impamvu abana bato baseka iyo basinziriye bigatangaza ababyeyi babo