in

Abakobwa batandaraje nta rutangira mu kirori cyo gusoza amasomo

Abakobwa biyambitse ubusa ubwo bakoraga ikirori cyo gusoza kwiga kaminuza icyo bamwe bita Graduation, bagaragaye batandaraje nta rutangira kandi bambaye utujipo duto ntacyo bahisha.

Ni ibyo abantu bakomeje kugenda bagarukaho kubera bamwe bagenda bavuga ko bitari bikwiye ndetse ko Makerere university yagakwiye gufata ingamba zo kuba bitazongera.

Ni amafoto yngiwe gukoreshwa gusa ariko bamwe mu bakobwa bafotowe mu maso bari batandaraje batakawe amasura yabo yagiye ahagaragara.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana w’umukobwa utagira amaboko akomeje gukora ibidasanzwe (AMAFOTO)

Muraberanye kandi cyane! Ifoto ya Miss Naomie ari mu gituza cy’umukunzi we yavugishije benshi