in

Abakobwa barwaniye muri Resitora yo mu mugi rwa gati kugeza umwe amabere bayanitse ku gasi, aho bapfaga umusore [videwo]

Abakobwa babiri bafashwe amashusho bari kurwanira muri resitora yo muri Zimbabwe.

Iyi mirwano yaturutse ku nkumi yasanze umusore bakundana yasohokanye n’undi mukobwa.

Iyi ntambara yavutse ku wa mbere tariki ya 30/10/2023.

Mu mashusho mato yashyizwe ku rubuga rwa X, yerekana aba bakobwa bari kurwana aho baza gukizwa n’abashinzwe umutekano gusa baza umukobwa umwe bamaze kumwambura ubusa amabere ari hanze.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusaza w’imyaka 75 witwa Daniel, yakaswe ubugabo n’inkumi y’imyaka 25 ikoresheje urwembe nyuma yo gushaka kuyifata ku ngufu

Abagerageje guhindura ibyangombwa by’abana batoranyijwe kujya mu irerero rya Bayern Munich ibyabo bikomeje kugana ahabi