in

Abakobwa babyinanye na Titi Brown baje ku rukiko aho yari agiye gusomerwa imyanzuro y’urubanza bataha bimyiza imoso (AMAFOTO)

Ababyinnyi bagezweho mu Rwanda barimo Jojo Breezy, Benda na Shakira bakonanye na Titi Brown batashye bimyiza imoso nyuma yo kumva umwanzuro w’Urukiko wo kongera kwimura urubanza rwa mugenzi wabo.

Urubanza rwa Titi Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya Gatandatu. Urukiko rutangaje ko ruzasomwa ku wa 13 Ukwakira 2023 ngo kuko hari ibindi bimenyetso byabonetse.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyarugenge habereye impanuka iteye ubwoba aho umunyonzi agonganye n’imashini ikora umuhanda

Yatangiye kwiterenya na mukeba! Umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Roben yatangaje amagambo yihenura kuri mukeba wa Gikundiro – VIDEWO