in

Abakinnyi bibikomerezwa barimo Kylian Mbappe bafata Cristiano Ronaldo nk’ikitegererezo

Buri muntu byanze bikunze aba afite uwo afatiraho urugero ,kuburyo mu mishinga ye ya buri munsi ,aba avuga ati:” ndashaka kuba nka kanaka” cyangwa rimwe na rimwe akaba yanamurenga bibaho inshuro nyinshi.

Hari abakinnyi bibikomerezwa kuri uyu munsi bakuze bifuza kumera nka Cristiano Ronaldo  ndetse kuburyo inzozi zabo kwari ukuba bahurira mu kibuga n’uyu mukinnyi kandi rimwe na rimwe bikanabahira bagahurira n’uyu mukinnyi mu kibuga rwose.

Uretse nka bakuze babona Cristiano bakifuza kumera nka we ,hari n’abahuriye nawe mu kibuga cyangwa mu makipe ariko babona uburyo yitwara mu kibuga akaba yababera ikitegererezo.

Reka turebere hamwe abakinnyi 10 bafata Cristiano Ronaldo nk’ikitegererezo:

  1. Kylian Mbappe

2.Erling Haaland 

3.Marcus Rashford

4.Matthijs de Ligt

5.Joao Felix

6.Vinicius Jr

7.Harry Kane

8.Mason Mount

9.Bruno Fernandes

10.Raheem Sterling

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi King James yagaragaye ari kumwe na mushiki we basa nk’intobo, burya nawe ni umuhanzikazi(Ifoto)

Rio Ferdinand yakije umuriro hagati y’abafana ba Arsenal na Manchester United mbere ya ‘derby’ubwo yagereranyaga Casemiro na Thomas Partey