in ,

Abakinnyi bazahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza ku rwego rw’isi bamenyekanye

Mu mezi ashize nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane w’Uburayi UEFA, nibwo bahembye umukinnyi witwaye neza kuri uriya mugabane ariwe umunya Portugali Cristiano Ronaldo, kurubu n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi nibwo ryashyizweho urutonde rw’abakinnyi batatu bazahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza w’iri shyirahamwe.Image result for CR7, Ibrahimovic, Messi, Neymar Robben and Buffon

Amakuru dukesha igitangazamakuru FIFA.COM aravuga ko  abakinnyi Neymar Jr, Cristiano Ronaldo na Lionel Messi aribo batoranyijwe kuba abakinnyi batatu bazatoranywamo umukinnyi umwe wa mbere wa FIFA, gusa Cristiano Ronaldo akaba ariwe uhabwa amahirwe menshi bitewe nibyo yafashije ikipe ye kugeraho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’ibabaje cyane kw’ikipe ya Real Madrid ibuze umukinnyi wayo ukomeye igihe kinini nyuma y’iminsi mike cyane agarutse mu kibuga

Agahinda: Lionel Messi yasabye ubuyobozi bwa Fc Barcelona kwirukana undi mukinnyi mugenzi we