in

Abakinnyi babiri ba Rayon Sports ntibari kumwe n’abandi ndetse ishobora no gukina muri iyi wikendi badahari kandi ari bo benshi baba batezeho intsinzi uko byagenda kose

Abakinnyi babiri ba Rayon Sports ntibari kumwe n’abandi ndetse ishobora no gukina muri iyi wikendi badahari kandi ari bo benshi baba batezeho intsinzi uko byagenda kose

Ku munsi wejo hashize kuwa kabiri, ikipe ya Rayon Sports yasubukuye imyitozo nyuma yo gutsindwa na Musanze FC igitego 1-0 bigoranye cyane nubwo abafana bacyemeza ko bibwe.

Muri iyi myitozo Rayon Sports yakoze, rutahizamu Joachiam Ojera ntabwo yayigaragayemo ndetse na myugariro Nsabimana Aimable ukumbuwe n’abafana benshi nyuma yo gushinja abahari ko bakwiye kuruhutswa.

Aba bakinnyi bombi bafite ibibazo by’imvune ndetse hari amakuru avuga ko ibyabo bitaramera neza ku buryo bakifashishwa muri iyi wikendi.

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwitegura umukino ifite muri iyi wikendi nawo utoroshye izakina n’ikipe ya Sunrise FC. uyu mukino uzaba ukomeye cyane kuko Izi kipe zombi zikumbuye intsinzi cyane cyane ikipe ya Sunrise FC.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugizi wa RIB yamaze abantu amatsiko ku byaha Nkundineza Jean Paul ashinjwa anagira inama abandi

Yabivuze ntacyo yikanga! Tijara Kabendera yagaragaje uruhande abogamiye ho