in

Abakinnyi b’abanyampahanga bemerewe gukina hano mu Rwanda bagiye kongerwa

Abakinnyi b’abanyampahanga bemerewe gukina hano muri Shampiyona y’u Rwanda, bagiye kongerwa bavanwe kuri 5 bari bemerewe.

Hari hashize igihe abakinnyi hano mu Rwanda bamewe gukina muri Shampiyona ari batanu ariko nyuma yo kubona abanyamahanga bagira umumaro muri Shampiyona y’u Rwanda ndetse abakinnyi b’abanyarwanda bakaba babigiraho bagiye kongerwa.

Amakuru twamenye ni uko umubare w’abanyamahanga bari bemerewe bagiye gukurwa kuri 5 bagashyirwa kuri 7 kugirango umwaka utaha w’imikino Shampiyona izabe iryoshye.

Amakipe akomeje kugenda yiyubaka ari nako yongeramo abakinnyi bakomoka hanze y’u Rwanda kugirango umwaka utaha w’imikino azabe akomeye ndetse anahatana mu buryo bwose.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aje guhindura byinshi! Amakipe atangiye kwimwenyuza kubera inkuru nziza umuyobozi mushya wa Ferwafa yatangaje

Inzoga yitwa Dundubwonko ikomeje guteza amakimbirane mu Karere ka Gisagara kubera ukuntu iba yadunze ubwonko