in

Abakinnyi ba Rayon Sports baje bambaye imyenda iriho ubutumwa bugaragaza ko bifatanyije na rutahizamu Fall Ngagne utazongera gukina muri uyu mwaka w’imikino – AMAFOTO

Abakinnyi ba Rayon Sports bagaragaje ko bifatanyije na rutahizamu Fall Ngagne uherutse kuvunika akaba atazongera gukina muri uyu mwaka w’imikino, aho baje ku mukino uri kubahuza na Gorilla bambaye imyenda iriho ubutumwa bwo kumwifuriza gukira vuba.

Ni umukino w’Igikombe cy’Amahoro wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Gashyantare 2025.

Gorilla FC yatsinze Rayon Sports FC ibitego 2-0 mu gice cya mbere cy’umukino wa ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro. Ibitego bya Rayon Sports byose byatsinzwe na Bigirimana Abedy.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’impanuka zikomeje guhitana benshi! Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye gufatira umwanzuro abashoferi ba bus zitwara abagenzi rusange

Urashaka gucuruza PI zawe? Dore amahirwe akomeye ku muntu ufite PI ushaka kuzicuruza agahabwa amafaranga y’amanyarwanda