in

Abakinnyi ba Manchester United inzoka zibamereye nabi byatumye batinda kujya mu makipe y’ibihugu byabo

Nyuma yo gutsinda FC Sheriff ibitego 2-0 kuwa kane w’icyumweru gishize, Manchester United yahise ifata indege yayo bwite ariko abagize ikipe batangiye kumva bamerewe nabi ku wa gatanu.

Manchester United yari yakinnye ku wa Kane ndetse babasha gustinda ibiteho bibiri ku busa igitego cya Sancho ndetse na kizigenza muri Europa league Cristiano Ronaldo kuri penalite.

Abagizweho ingaruka n’ibyo biryo ntibarabasha kujya kwifatanya n’ibihugu byabo. Ntabwo biramenyekana niba ibi byari gutuma iyi kipe isiba umukino yari kwakiramo Leeds United gusa wasubitswe kubera impamvu z’umutekano.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Muheto Divine yagaragaye mu mafoto afite telefone irenze abakobwa bahora bifuza

Kigali: Umusore wibye telefone yatwawe yikorewe n’abagabo barenga batatu bamujyanye kumufungisha (Videwo)