Nyuma yo gutsinda FC Sheriff ibitego 2-0 kuwa kane w’icyumweru gishize, Manchester United yahise ifata indege yayo bwite ariko abagize ikipe batangiye kumva bamerewe nabi ku wa gatanu.
Manchester United yari yakinnye ku wa Kane ndetse babasha gustinda ibiteho bibiri ku busa igitego cya Sancho ndetse na kizigenza muri Europa league Cristiano Ronaldo kuri penalite.
Abagizweho ingaruka n’ibyo biryo ntibarabasha kujya kwifatanya n’ibihugu byabo. Ntabwo biramenyekana niba ibi byari gutuma iyi kipe isiba umukino yari kwakiramo Leeds United gusa wasubitswe kubera impamvu z’umutekano.