in

Abakinnyi 2 Rayon Sports yagendergaho igiye kubatakaza nyuma y’igihe kinini abafana barabagize inshuti ndetse babaha amafaranga kubera ibyishimo babahaga

Abakinnyi 2 Rayon Sports yagendergaho igiye kubatakaza nyuma y’igihe kinini abafana barabagize inshuti ndetse babaha amafaranga kubera ibyishimo babahaga

Ikipe ya Rayon Sports nyuma y’igihe kigera ku mwaka n’igice ikinisha ba Rutahizamu barimo Heritier Luvumbu Nzinga ndetse na Joachiam Ojera bagiye kwerekeza hanze y’u Rwanda baguzwe.

Mu kwezi kwa mbere umwaka utaha wa 2024, ikipe ya Rayon Sports irarekura Heritier Luvumbu Nzinga ukomoka mu gihugu cya DRC, Aho bivugwa ko arerekeza mu gihugu cya Libya naho Joachiam Ojera we arimo kwifuzwa n’ikipe yo muri Saudi Arabia.

Bivugwa ko Joachiam Ojera yaganirijwe n’ikipe zo kuri Libya ariko zikaba zirimo gutanga amafaranga Macye gusa kugeza ubu ntabwo ukwezi kwa mbere kuzamusiga mu ikipe ya Rayon Sports kubera amakipe arimo kumuvugisha.

Rayon Sports aba bakinnyi 2 ibatakaje bisa nkaho izaba isubiye hasi kuko aba ni bo wabonaga ko batwaye iyi kipe bijyanye nibyo bayifasha harimo ibikombe bayihesheje.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIB yahagurukije babandi birirwa batukana kuri za Twitter na za YouTube bitwaje ko ari iz’abazungu

Buri mwana wese yashakaga kumukoraho! Abana bagize amahirwe yo kujya mu irerero rya Bayern Munich mu Rwanda bishimiye guhura na Muhadjiri – VIDEWO