in

Abakekwaho ubutinganyi batangiye gutabwa muri yombi

Itabwa muri yombi ry’aba bantu ryabaye ku wa 23 Gashyantare, mu Murwa Mukuru wa Politiki, Gitega mu gihigu cy’u Burundi aho abantu 24 batawe muri yombi nka kimwe mu bikorwa byo kurwanya abaryamana bahuje ibitsina muri iki gihugu.

Ibi byabaye nyuma y’igihe gito Perezida w’u Burundi asabye abantu kwirinda ibikorwa byose bifite aho bihuriye n’ubutinganyi.

Ati “Ndasaba Abarundi kuvuma abijandika mu butinganyi kubera ko Imana idashobora kubwihanganira. Bagomba gufatwa nk’ibicibwa mu gihugu cyacu.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Greenwood yahuye n’uruva gusenya bamuca mu bwongereza atari yakina umukino n’umwe

Umusore yishwe na pampa nyuma yo gutera inda