in

Abajura bibye telefoni y’umupolisi babikuza amafaranga ye yose baranaguza

Umupolisi wo muri Nigeria yashenguwe n’agahinda gakomeye avuga ko abajura bamwibye telefoni ye babikuza amafaranga yose yari afite barangije baranaguza kuri konti ye yo muri banki.

Uyu mupolisi yifashishije twitter yatangaje ko abajura bamwibye terefone maze bajya kuri konti ye nkuru maze babikuza amafaranga yose afite.

Ogbuka yavuze ko batagarukiye aho kuko banakoresheje terefone ye basaba inguzanyo muri banki ye.

Ku bwe, ibi byose byabaye mu cyumweru gishize kandi yari asigaye ahangayitse kubera icyo cyaha.

Yanditse; “Terefone yanjye yibwe..Bakuyeho ibintu byose mfite kuri konti yanjye nkuru. Ndetse bafashe inguzanyo kuri konti yanjye. Aba basore nta mutima bafite kandi ni babi. ”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndashaka umudiyasipora” Young Grace ari mu nzira zo gushaka umukunzi mushya

Umuramyi Aline Gahongayire yakoze agashya mu cyiganiro ndetse yavuze byinshi ku myambarire ye