in

Abahungu baramutinya: Zaya Wade wavutse ari umuhungu nyuma akaza kwihinduza igitsina agahabwa icy’abakobwa yatangaje ko ashaka umukunzi

Abahungu baramutinya: Zaya Wade wavutse ari umuhungu nyuma akaza kwihinduza igitsina agahabwa icy’abakobwa yatangaje ko ashaka umukunzi.

Zaya Wade w’imyaka 16 y’amavuko ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yihinduje igitsina ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko Wade yeruye atangaza ko yifuza umukunzi w’umuhungu umukunda nawe akamukunda ibi akaba yabitangaje ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru cya Vogue Magazine.

Uyu Zaya Wade n’umwana w’icyamamare ku Isi muri Basketball ari we Dwayne Wade wanamushyigikiye ubwo yafataga umwanzuro wo guhinduza igitsina.

Umunyamideli ukomeye cyane Zaya Wade avuga ko abahungu bamutinya kubera ko bakimufata nk’umuhungu akabari ibintu bimugora cyane kubona abahungu bagakwiriye kuba bamutereta bamufata nk’umuhungu kandi yarabaye umukobwa.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo byari byoroshye: Masamba yageze muri Canada yakirwa mu buryo bwihariye mu bintu bimujyanye harimo n’urupfu rw’umuhanzi ukomeye cyane uherutse kwitaba Imana 

Birabe ibyuya! Abanyeshuri bose bo muri S6 mu ishuri rya ‘NTARE’ baraye basenya ikigo none bose barukaniwe icyarimwe