in

Abagore n’inkumi bakora siporo nk’abarimo gutera akabariro basekeje abatari bake.

Hari amashusho yakwirakwijwe cyane kumbuga nkoranymbaga zitandukanye, aya mashusho agaragaza abagore n’abakobwa bivanze n’abagabo bakora siporo bagorora imibiri.

Nk’uko bigaragara muri aya mashusho abagore bakora izi siporo binyonga, amaboko n’amaguru aribyo bifashe hasi bagenda bazamura ikibuno hejuru.

 

Ubu buryo bwo gukora siporo winyonga amaguru n’amaboko bifashe hasi ni uburyo bwiza cyane butuma igice cy’umugongo cyigorora.

Icyatangaje abantu benshi ndetse nicyagiye kigarukwaho cyane muri aya mashusho ni uburyo aba bagore baba binyonga bisa neza n’uburyo abagore n’abagabo bakoresha binyonga iyo batera akabariro.

Aya mashusho yakwirakwijwe cyane mubinyamakuru byo muri kenya banavuga ko ariho yafatiwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aho yaciye ntihaca urwango: Jennifer Lopez yavuze akanyamuneza n’ibyishimo akomeje guterwa n’umukunzi we mushya

Dore abakuru b’ibihugu bafite agatubutse kurusha abandi ku Isi.