in

Abagore n’abakobwa turi benshi nta wundi mubare dushaka, abakobwa bakomeje gutakamba nyuma y’ibyo abasore bari kubakorera 

Muri iyi myaka abasore benshi batishimira uko bavutse baragenda bagatanga amafaranga bakabahindurira igitsina bakabaha amabere ndetse bakabaha n’imiterere yifuzwa na benshi.

Gusa n’ubwo bimeze bityo byaje kugaragara ko umubare w’abaturarwanda mwinshi ugizwe n’abagore n’abakobwa ni muri urwo rwego bamwe mu bakobwa bavuze ko aba basore bari kwihinduza ibitsina baba bashaka kubongerera ibyago byo kubura abagabo.

Nkaho ibyo bidahagije hakiyongeraho n’abasore baryamana hagati yabo kandi hari abakobwa benshi biteguye kurongorwa bakubaka urugo rugakomera.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu rukanzu nk’urw’abageni kandi rukubura hasi! Rihanna ukuriwe yitabiriye ibirori y’imideri (AMAFOTO)

Ese uracyanywa amazi ugiye kujya kuryama ni joro? Niba ujya uyanywa iyi mesaje ni iyawe