in

Abagore bubatse gusa! Kunywa amasohoro y’umugabo agishyushye bigira uwuhe mumaro ku bagore bayanyweye?

Mu buryo karemano umugore n’umugabo iyo bashakanye baba bemerewe gukora imibonano mpuzabitsina uko babyifuza mu gihe cyose umwe yifuje mugenzi we ntawe ubihatiwe .

Muri iki gihe ndetse n’icyatambutse uburyo bwo gukora imibonano mpuzabitsina bwagiye burushaho gushyirwa ahagaragara ndetse hagenda haduka n’ubundi buryo bwasaga n’ubuhishwe.

Ikoranabuhanga uko ryagiye ryaduka rikanarushaho kwigarurira Isi, niko ryagiye ritiza umurindi abantu benshi mu kwishora mu busambanyi bitewe n’uko hari ibyo bagenda babona byadutse mu bice bimwe na bimwe by’isi baherereyemo.

Bumwe mu buryo bumenyerewe karemano imibonano ikorwamo, ni igihe igitsina cy’umugabo cyinjira mu cy’umugore kugera ubwo ibyishimo byabo bigeze ku ndunduro .

Bavuga ko umugabo ibyishimo bye byageze ku ndunduro igihe yamaze gusohora.Aya masohoro rero hari abagore badakunda ko ajya mu gitsina kuko ngo afatwa nk’imari ishyushye mu mubiri wabo ahubwo bakifuza ko asohorerwa mu kanwa.

Ese akamaro k’amasohoro n’akahe mu gihe umugore ayanyweye?

1. Ubushakashatsi bugaragaza ko umugore wanyweye amasohoro aba afite amahirwe menshi yo kutarwara indwara zibasira ubwonko. Aha twavuga nk’agahinda gakabije, umutwe udakira.

2.Kunywa amasohoro ,bigabanya ubwoba.Urugero ; hari abantu bagira ubwoba nko mu gihe bagiye mu kizamini cy’akazi cg cyo mu ishuri. Icyo gihe rero ngo uwayanyweye bimwongerera imisemburo igabanya ubwoba.

3. Umugore wanyweye amasohoro ngo agira ibitotsi byiza kuko umusemburo witwa melatonin urushaho gukora cyane.

4. Amasohoro yongera imbaraga(energy). Umugore wanyweye amasohoro ngo usanga afite umurava mu kazi ke ka buri munsi ngo kabone n’iyo arimo gutera akabariro aba yashishikaye.

5. Kunywa amasohoro bigabanya umuvuduko w’amaraso ku mugore utwite.Iyo umugore atwite usanga akunda kugira umuvuduko w’amaraso uri hejuro rimwe n’arimwe akaba yagira isereri, ariko ngo uwanyweye amasohoro ngo bishobora kuba umuti mwiza.

6. Umugore wanyweye amasohoro ngo ntapfa kwibagirwa, kuko ngo usanga akungahaye ku binyabutabire bifasha uwayanyweye ku gira umusemburo wiganza ku gice cy’ubwonko cyibutsa.

7. Amasohoro acyesha uruhu.Umugore unywa amasohoro ngo usanga uruhu rwe rucyeye rukanyerera kuko aba arimo ikinyabutabiro cya Zinc cyongera ubudahangarwa bw’umubiri.

Gusa n’ubwo ubushakashatsi bugaragaza ko amasohoro ari meza ku mugore wayanyoye, urubuga rwa readunwritten.com ruvuga ko hari n’ingaruka mbi agira.Muri izo , harimo kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nka gonorrhea , bacteria n’izindi.

Ikindi umugore ukunda kunywa amasohoro , ngo aba afite ibyago by’uko inzira ye y’ubuhumekero idakora neza,kugira uburyaryate no kuribwa bya hato na hato.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben yatangaje ko iminsi iri kumutindira ubundi agakora ubukwe n’umugore we Miss Uwicyeza Pamela (VIDEWO)

Mbere y’uko yuzuza imyaka 45, umunyamakuru Tidjara Kabendera yifurije se ‘Kabendera Shinani’ ko Allah yakomeza kumwagurira imva ye