in

Abagenzi batega imodoka mu buryo bwa rusange barataka kuribwa n’ibiheri biba muri izo modoka

Abagenzi batega imodoka rusange zitwa Matuta, twagereranya nazimwe mu Rwanda bita Twegerane. barataka kuribwa n’ibiheri bitewe nuko izo modoka zishashe bikabije.

Abagenzi batega imodoka zijya mu bice bitandukanye by’umujyi wa Nairobi, basabye ikigo gishinzwe Transport kitwa NTSA, ko bakura izo modoka mu muhanda kuko zishaje cyane kuburyo zirimo ibiheri bigenda bibarya by’umwihariko abagenda ingendo zijya mu byaro.

Umwe mu bagenzi yagize ati” Iki kibazo kimaze iminsi twagiye tunakigaragaza mu bitangazamakuru ko ziriya modoka zirimo ibiheri bigenda biturya ariko kugeza nubu ntabwo igisubizo cyacu kirabonerwa umuti”.

Ubushakashatsi bwakozwe na Kenya Institute for Public Policy Research Analysis., bwerekanye ko abaturage 58% byabatuye muri Nairobi bakoresha imodoka zitwara abagenzi rusange mu kazi kabo kaburi munsi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hategekimana Bonheur yongeye kwiteranya n’umutoza we nyuma yo kumwima agakino bikaza kuragira badacyuye n’umubyizi

Harimo abakene, abakire ariko mbasabye imbabazi! Umutoza wa Rayon Sports yasabye abafana imbabazi ariko yemeza ikintu gikomeye agiye gukurikizaho nyuma yo kubura amatsinda