in

Abagabo b’ibikara n’imbwa: Swalla wo muri City Maid yakatiye abagabo Bose b’ibikara avugako ari imbwa basigaye basambana bahuje ibitsina

Icyamamare cyo muri firime nyaRwanda Irafasha Sandrine uzwi ku izina Swalla mu kiganiro yagiranye na Irene Murindahabi yavuze amagambo akomeye cyane ku bagabo.

Mu magambo ye yavuzeko amajeya yose nakigenda Ngo nayo asigaye asambana ahuje ibitsina Kandi abakobwa batarabuze.

Ibyo byose yabivuze agendeye ku makuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranya mbaga y’umugabo w’umunyamideri wagaragaye yambaye ubusa bivugwako yaryamanaga n’abagabo bagenzi be

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wishe umuvandimwe we akamuhamba yikururiye ibyago bikomeye 

Producer Element Eleéeh uyoboje inkoni y’icyuma mu gutunganya umuziki yamaze gutandukana na Country Record ahita asinyira indi Studio ikomeye