Icyamamare cyo muri firime nyaRwanda Irafasha Sandrine uzwi ku izina Swalla mu kiganiro yagiranye na Irene Murindahabi yavuze amagambo akomeye cyane ku bagabo.
Mu magambo ye yavuzeko amajeya yose nakigenda Ngo nayo asigaye asambana ahuje ibitsina Kandi abakobwa batarabuze.
Ibyo byose yabivuze agendeye ku makuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranya mbaga y’umugabo w’umunyamideri wagaragaye yambaye ubusa bivugwako yaryamanaga n’abagabo bagenzi be