in ,

NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO

Abagabo Bavugako Nabo Bahohoterwa Igihe Bari Kozwa Mu Mutwe N’abakobwa Nyuma Yo Kogoshwa

Akazi ko koza mu mutwe abantu bamaze kwiyogoshesha muri Salons de Coiffure zitandukanye, ni kamwe mu gatunze abatari bake mu Rwanda.

Nkuko byatangajwe numwe mu banyamakuru bakorera ikinyamakuru Kigali Today, Anne Niwemwiza, ngo hari agababo bahohoterwa igihe bari kozwa mu mutwe n’abakobwa muri Salon de coiffure. avugako mugihe cyo kozwa mu mutwe hari abakobwa barengera bagakorakora abagabo kuburyo bibangamira abagabo bamwe na bamwe.

Gusa akomeza avugako hari n’abakobwa bahohoterwa bakora uyu mwuga, aho hari abagabo batangira gukorakora abakobwa igihe bari kozwa mu mutwe.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye wa arsenal yagaragaye akubita umujura bikomeye (Amafoto)

Inkuru itari nziza ku bukwe bwa Byiringiro Lague n’umukunzi we