in

Abagabo babaye imari: Igihugu kimwe cyo muri Afrika cyategetse abagabo gushaka byibuze abagore batari munsi ya 5 bitaba ibyo bagahanwa bikomeye 

Abagabo babaye imari: Igihugu kimwe cyo muri Afrika cyategetse abagabo gushaka byibuze abagore batari munsi ya 5 bitaba ibyo bagahanwa bikomeye

Muri Eswatini Abagabo bararira ayo kwarika nyuma yo gutegekwa gushaka abagore batanu cyangwa bagafungwa

Umwami wabaye ikimenyabose ku isi ariwe Mswati III uyobora ESwatini yahoze yitwa Swaziland aherutse guca iteka ko mu rwego rwo kurwanya kugumirwa ku bagore ndetse no kubasaranganya.

Buri mugabo muricyo gihugu ategetswe kurongora abagore batari munsi ya batanu.

Ibi bivuze ko uzabasha no gushaka abarenze abo ntakibazo abyemerewe kandi ko na leta izamufasha.

Gusa aho ikibazo kiri ni umuntu uzashaka abagore bari munsi ya 5 kuko we ashobora gufungwa burundu nk’uko biteganyijwe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamirambo: Umugabo yakubitiwe mu kabari hafi kuhasiga ubuzima (Ifoto)

Bahombye umukinnyi: Kiyovu Sports yahombye umukinnyi wari uyifatiye runini maze yerekeza mu ikipe bahora bahanganye